13-19 Mutarama
INTANGIRIRO 3-5
Indirimbo ya 72 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Umun. 1)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Ingaruka zibabaje zatewe n’ikinyoma cya mbere”: (Imin. 10)
It 3:1-5—Satani yaharabitse Imana (w17.02 5 par. 9)
It 3:6—Adamu na Eva basuzuguye Imana (w00 15/11 25-26)
It 3:15-19—Imana yahannye ibyo byigomeke (w12 1/9 4 par. 2; w04 1/1 29 par. 2; it-1-F 672)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 10)
It 4:23, 24—Kuki Lameki yahimbye uwo muvugo? (it-2-F 105 par. 8)
It 4:26—Ni mu buhe buryo abantu bo mu gihe cya Enoshi batangiye “kwambaza izina rya Yehova”? (it-1-F 352 par. 5)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru byakwigishije iki kuri Yehova, ku murimo wo kubwiriza n’ibindi?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) It 4:17–5:8 (th ingingo ya 5)
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Videwo y’uko waganira n’umuntu bwa mbere: (Imin. 4) Ikiganiro. Erekana iyo videwo hanyuma ubaze ibi bibazo: uko yatangije ibiganiro byakwigishije iki? Ni iki wigiye kuri aba babwiriza ku bijyanye n’igihe bazagarukira kumusura?
Kuganira n’umuntu bwa mbere: (Imin. 2 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro. (th ingingo ya 1)
Kuganira n’umuntu bwa mbere: (Imin. 3 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro kandi utsinde imbogamirabiganiro mukunze guhura na yo. (th ingingo ya 3)
Kuganira n’umuntu bwa mbere: (Imin. 3 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro, hanyuma uhe nyiri inzu igazeti iherutse gusohoka igira icyo ivuga ku kibazo yabajije. (th ingingo ya 2)
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
“Uko watangiza ibiganiro ukoresheje inkuru z’Ubwami”: (Imin. 15) Ikiganiro. Erekana videwo y’uko twatangiza ibiganiro dukoresheje inkuru y’Ubwami kandi muyiganireho.
Ikigisho cya Bibiliya k’Itorero: (Imin. 30) jy igice cya 99
Isubiramo no kuvuga muri make ibyo muziga mu cyumweru gitaha (Imin. 3 cg itagezeho)
Indirimbo ya 85 n’isengesho