1
2
Salomo agenzura ibyo yagezeho (1-11)
Akamaro k’ubwenge bw’abantu (12-16)
Imirimo iruhije idafite icyo imaze (17-23)
Jya urya, unywe kandi wishimire umurimo ukora (24-26)
3
Ikintu cyose gifite igihe cyagenewe (1-8)
Ishimire ubuzima kuko ari impano y’Imana (9-15)
Imana icira abantu bose urubanza rutabera (16, 17)
Abantu barapfa n’inyamaswa zigapfa (18-22)
4
Gukandamizwa ni bibi kurusha urupfu (1-3)
Kubona ibijyanye n’akazi mu buryo bukwiriye (4-6)
Akamaro k’incuti (7-12)
Ubuzima bw’umwami bushobora kumupfira ubusa (13-16)
5
Jya witwara neza mu gihe ugiye imbere y’Imana (1-7)
Abakomeye bagenzura aboroheje (8, 9)
Ubutunzi ni ubusa (10-20)
6
7
Kuvugwa neza n’ibijyanye n’umunsi wo gupfa (1-4)
Gucyahwa n’umunyabwenge (5-7)
Iherezo ry’ikintu riruta intangiriro yacyo (8-10)
Akamaro k’ubwenge (11, 12)
Iminsi myiza n’iminsi mibi (13-15)
Jya wirinda gukabya (16-22)
Icyo umubwiriza yagezeho amaze gusuzuma ibintu bitandukanye (23-29)
8
9
Bose bagira iherezo rimwe (1-3)
Tujye twishimira ubuzima nubwo tugerwaho n’urupfu (4-12)
Abapfuye nta cyo bazi (5)
Mu Mva nta mirimo ikorerwayo (10)
Ibihe n’ibigwirira abantu (11)
Ubwenge si ko buri gihe bwishimirwa (13-18)
10
Ubujiji buke butuma ubwenge buba imfabusa (1)
Abantu batagira ubwenge nta cyo bageraho (2-11)
Ibibazo abantu batagira ubwenge bahura na byo (12-15)
Abayobozi batagira ubwenge (16-20)
11
12