Ibirimo
15 Ukuboza 2010
Igazeti yo kwigwa
IBICE BYO KWIGWA BYO MU CYUMWERU CYA:
31 Mutarama 2011–6 Gashyantare 2011
Jya ugirira ishyaka gahunda y’ugusenga k’ukuri
IPAJI YA 7
INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 101, 97
7-13 Gashyantare 2011
“Iki ni cyo gihe cyihariye cyo kwemererwamo”
IPAJI YA 11
INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 96, 98
14-20 Gashyantare 2011
Ibonere imigisha ituruka ku Mwami uyoborwa n’umwuka w’Imana
IPAJI YA 16
INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 99, 109
21-27 Gashyantare 2011
IPAJI YA 20
INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 75, 116
Intego y’ibice byo kwigwa
IGICE CYO KWIGWA CYA 1 N’ICYA 2 IPAJI YA 7-15
Ibi bice bizatuma tumenya ukuntu Yesu yagaragaje ishyaka nyakuri, akaba yaraduhaye urugero dukwiriye kwigana. Ariko se, kuki bikwiriye cyane ko muri iki gihe tugira ishyaka mu murimo wo kubwiriza? Ni mu buhe buryo iki ari cyo gihe cyihariye cyo kwemererwamo?
IGICE CYO KWIGWA CYA 3 IPAJI YA 16-20
Turi mu gihe ubutegetsi bw’abantu bwananiwe kugira icyo bugeraho. Iyi ngingo izadufasha kubona impamvu Yehova yahisemo Yesu Kristo kugira ngo ategeke abantu, n’ukuntu kugandukira Kristo bizatuma tubona imigisha myinshi.
IGICE CYO KWIGWA CYA 4 IPAJI YA 20-24
Kuki bikwiriye kandi bikaba bihuje n’Ibyanditswe ko umuzika ugira uruhare rw’ingenzi muri gahunda yacu yo kuyoboka Imana? Iyi ngingo izatuma tubona igisubizo cy’icyo kibazo kandi izadufasha kubona uko buri wese muri twe yarushaho kuwuha agaciro.
IBINDI:
Nta gihe ntarengwa cyo gukorera Imana 25
Nabonye ko ukuri kwa Bibiliya gufite imbaraga 26
Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2010 32