24-30 Nyakanga
Ezekiyeli 21-23
Indirimbo ya 99 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Imin. 3 cg itagezeho)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Ubwami bwari kuzahabwa ubufitiye uburenganzira”: (Imin. 10)
Ezk 21:25—“Umutware mubi wa Isirayeli” yari Umwami Sedekiya (w07 1/7 13 par. 11)
Ezk 21:26—Abami bakomoka kuri Dawidi bategekeraga i Yerusalemu, bari kugira iherezo (w11 15/8 9 par. 6)
Ezk 21:27—Yesu Kristo ni we wari “ufite uburenganzira” bwo kuba Umwami (w14 15/10 10 par. 14)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 8)
Ezk 21:3—Inkota Yehova yakuye mu rwubati rwayo ni iyihe? (w07 1/7 14 par. 1)
Ezk 23:49—Ni irihe kosa rivugwa mu gice cya 23, kandi se ibyo bitwigisha iki? (w07 1/7 14 par. 6)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru bikwigisha iki kuri Yehova?
Ni ibihe bintu bindi by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) Ezk 21:1-13
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Kuganira n’umuntu ku ncuro ya mbere: (Imin. 2 cg itagezeho) fg—Muganire kuri videwo ivuga ngo Kwiga Bibiliya bikorwa bite? (ariko ntuyimwereke)
Gusubira gusura: (Imin. 4 cg itagezeho) bh—Ganira n’umuntu usanzwe uha amagazeti, kuri videwo ivuga ngo Kwiga Bibiliya bikorwa bite? (ariko ntuyimwereke).
Icyigisho cya Bibiliya: (Imin. 6 cg itagezeho) bh 215 par. 3–216 par. 1
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
“Uko twakwitwara igihe tugeze ku rugo rw’umuntu”: (Imin. 15) Ikiganiro. Gitangwe n’umugenzuzi w’umurimo. Tangira werekana iyo videwo yerekana uko tugomba kwitwara igihe turi ku rugo rw’umuntu.
Icyigisho cya Bibiliya cy’Itorero: (Imin. 30) kr igice cya 15 par. 18-28
Isubiramo no kuvuga muri make ibyo muziga mu cyumweru gitaha (Imin. 3)
Indirimbo ya 29 n’isengesho